Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

U Rwanda mu bibazo uruhuri ku byemezo bifatwa ku nyungu za P.Kagame

  • Broadcast in Current Events
rnccio

rnccio

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow rnccio.
h:1440985
s:11874610
archived

Mu kiganiro URWATUBYAYE cya Radio Iteme Europe ,uyumunsi ku wa gatatu taliki ya06 mutarama 2021 turaganira ku ngingo zikurikira:

1.Ibyemezo bifatwa na leta y'u Rwanda birebana n'icyorezo cya covid-19

2.Rapport y'impuguke za UN( umuryango w'abibumbye),u Rwanda ruraregwa kwinjiza ingabo zarwo muri Congo(RDC) mu bikorwa byo guhungabanya umutekano.

3.Kagame arakataje mu guhonyora nkana itegekonshinga ry'u Rwanda aho yohereje ingabo z'igihugu ku masezerano ubwe we wenyine yakoranye na Perezida wa Centrafrica Faustin Archange Touadera ariko inteko ishinga amategeko mu Rwanda n'abanyarwanda batabizi.

Ni mu kanya isaha ya 20h00 i Paris n'isaha ya 21h00 i Kigali.

 

Uyoboye ikiganiro:Umuhoza Benoit afatanije na Anicet Karege

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled